This exercise in the personal initiative, is not official one, so revise and exercise for better understanting.
#1. Buri mukarani w’ibarura agomba kujya mu gapande ke k’ibarur yitwaje ibi bikurikira
#2. Kwitwararika no gufata neza ibikoresho byose wahawe kandi uabyitwaza igihe cyose uri mu kazi ni ingenzi.
#3. Ni ngombwa kugaragaza amarangamutima mu gihe cy’ibiganiro uri kugirana n’uwo uri ku barura
#4. Ubarura agomba kugera mu gapande ke k’ibarura
#5. Mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge uri kubaruriramo cyangwa undi mukozi wa Leta uri ku rwego rwo hejuru (Mayor/ Governor) akubajije amakuru ajyanye n’ingo umaze kubarura ,(Urugero : Ese kwa Mugabo wasanze bacana kuri rondereza ?,… ) wemerewe kuyamuha utazuyaza.
#6. Buri mukarani w’ibarura yitwaza ibikoresho bikurikira usibye
#7. Ni ngombwa kubahiriza umuco, imigenzereze, idini n’ukwemera kwa buri muntu
#8. Iyo ufite ikarita muri telephone si ngombwa kuzenguruka agapande k’ibarura uri kumwe n’umwe mu bayobozi b’umudugudu
#9. Si ngombwa kwimenyekanisha ku buyobozi bw’umudugudu azakoreramo mu gihe aziranye n’umukuru w’umudugudu
#10. Kwiha icyerekezo uzakurikiza mu mirimo y’ibarura (Listing n Data collection ) ni ngombwa
![]()








