Thursday, January 22, 2026

IBIREBA ABAZABARURA.

Mwiriwe neza, hari ibintu dukwiye kwibutsa no gutsindagira mbere y’uko dutangira gukusanya amakuru:
1) Umukarani w’ibarura ategetswe kugira ikinyabupfura n’ubunyangamugayo kabone n’ubwo izi ndangagaciro atazisanganywe asabwa kuzihingamo bishoboka.

2) Ategetswe kubaha abo asanze, akamenya gucisha make no kwiyoroshya.

3) Ningombwa guha umwanya abo tubaza tukabasobanurira ibyo badusobanuje Kandi mu kinyabupfura.

4) Ategetswe kwibwira abo asanze nta kubakankamira

5) Kirazira kujya mu rugo rw’abandi yazinze

6) Kirazira gusakaza amakuru avanye mu ngo yasuye.

Hari abo byagaragaye muri ikigihe cya listing ko bateshutse. Hari abagomba gukurikiranwa kugirango batangiza isura y’igikorwa.

Mwibuke ko ibibyose bishobora kugira ingaruka ku makuru tuzabaza. Ibi birihutirwa tubimenyeshe buri wese.

Loading

Related Articles

[td_block_social_counter facebook="tagdiv" twitter="tagdivofficial" youtube="tagdiv" style="style8 td-social-boxed td-social-font-icons" tdc_css="eyJhbGwiOnsibWFyZ2luLWJvdHRvbSI6IjM4IiwiZGlzcGxheSI6IiJ9LCJwb3J0cmFpdCI6eyJtYXJnaW4tYm90dG9tIjoiMzAiLCJkaXNwbGF5IjoiIn0sInBvcnRyYWl0X21heF93aWR0aCI6MTAxOCwicG9ydHJhaXRfbWluX3dpZHRoIjo3Njh9" custom_title="Stay Connected" block_template_id="td_block_template_8" f_header_font_family="712" f_header_font_transform="uppercase" f_header_font_weight="500" f_header_font_size="17" border_color="#dd3333"]
- Advertisement -spot_img

Latest Articles